Perezida Kagame asanga nta muntu ukwiye kwishyira hejuru y’undi kuko "twaremwe n’Imana"
Perezida w’u Rwanda, Nyakubahwa Paul Kagame yibukije ko abantu bose baremwe n’Imana bityo akaba asanga ko nta muntu ukwiye kwishyira hejuru y’undi kuko nta muntu waremye undi. Ubwo yari mu muhango wo kwizihiza imyaka 10 ya YouthConnekt kuri (…)