Bwa mbere mu Rwanda hagiye kuba akabyiniro ka Gospel kuko "kuva mu rusengero ntugire aho usohokera bitera Depression"
Mu gihe mu Rwanda hashize iminsi micye amasaha y’utubyiniro n’utubari agabanyijwe, hagiye gutangira akabyiniro k’abarokore kiswe ‘Gospel Club’ aho bazajya bahurira bagasabana bakabyina bigashyira cyera. Ubusanzwe ucyumva ijambo akabyiniro, (…)