Felix Muragwa uri gukundwa mu ndirimbo "Yesu Arahamagara" yavuze igice cy’ubuzima bwe bwite abantu batazi
“Ndashaka kubaza Yesu impamvu Imana yaturemeye ku isi yuzuyeho ibyaha kandi ibizi neza ko tuzabikora, yarangiza ikavuga ko izaduhana, igashyiraho ibihano bizaturimbura” – Felix Muragwa yashyize hanze indirimbo ‘Yesu Arahamagara’ anavuga ku buzima (…)