Intambara abantu bayirwana iyo byabaye ngombwa, iyo hari impamvu - Perezida Paul Kagame
Ubwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yari mu muhango wo kwinjiza ba Ofisiye 624 basoje amasomo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Gako kuri uyu wa 15 Mata 2024, yavuze ko Intambara abantu bayirwana ari uko biri ngombwa. Muri (…)