Mbere yuko Rose Muhando yitabira igiterane kizabera i Kirehe na Ngoma yavuze ko mu Rwanda ari iwabo
Rose Muhando byamaze kwemezwa ko azitabira ubutumire yahawe mu biterane bizamara amezi abiri bibera mu turere twa Kirehe na Ngoma two mu Ntara y’Iburasirazuba, kuva muri Mutarama kugera muri Weruwe, aho azahura n’umuhanzi Theo Bosebabireba. (…)