Ibimenyetso bitatu byerekana ko uri umusore Imana yatoranyije kandi ukwiriye urushako rwiza
Mu buzima, hari abantu bagaragaza ibimenyetso by’uko Imana yabatoranyije kugira ngo babe abayobozi beza mu muryango, bubake urugo rukomeye kandi barusigasire. Niba uri umusore, hari ibintu bitatu bishobora kukubaho bikerekana ko Imana (…)