Benshi bahamije ko imperuka yegereje nyuma y’uko abatinganyi bemerewe gusezerana muri Kiliziya Gatolika
Umuryango wa Kiriziya Gatorika ku isi uhagarariwe na Papa Francis, wasabye abasenyeri Gatorika kwakira abaryamana bahuje ibitsina ndetse abashaka kubana nk’abashakanye bagaheshwa umugisha ariko ntibyitiranwe n’isakaramentu ryo gushyingirwa. (…)