Kandi ibimenyetso bizagumana n’abizera ngibi: bazirukana abadayimoni mu izina ryanjye, bazavuga indimi nshya, bazafata inzoka, kandi nibanywa ikintu cyica nta cyo kizabatwara na hato, bazarambika ibiganza ku barwayi bakire." (Mariko 16:17;18).
Tugeze ku munsi wa nyuma wo gusengera abarwayi. Mureke duhuze ukwizera, dusengera muri audio, kandi twifashisha iki cyanditswe. Mugire umunsi mwiza hamwe na Yesu.