Dr. Josue n’umugore we Joy barebana akana ko mu jisho
Umuramyi Mbonimpa Josue (M. Josue) n’umukunzi we Muziranenge Joyeuse (M. Joy) ntibakiri ingaragu kuko bamaze kurushinga mu birori biryoheye ijisho.
Umuramyi Mbonimpa Josue (M. Josue) n’umukunzi we Muziranenge Joyeuse (M. Joy) ntibakiri ingaragu kuko bamaze kurushinga mu birori biryoheye ijisho.
James Maina Ng’ang’a wamenyekanye nka Pasiteri Ng’ang’a wo muri Kenya yabwiye abatarashaka amagambo yateje benshi kwivovota. Ubwo yari mu rusengero, mu mpera z’ukwezi k’Ukwakira 2023, rukaba ari n’urwo yashinze rwa Neno Evangelism Centre, (…)
Bibiliya yamagana byimazeyo ibyaha by’imibonano mpuzabitsina: gusambana (guhuza ibitsina byumvikanyweho hagati y’uwashakanye n’undi muntu utari uwo bashakanye). Byemerewe gusa abashakanye. Imigani 6:32; reba 1 Abakorinto 6:18 n’Abaheburayo (…)
Yesu yari umuntu w’intangarugero kandi biroroshye kwibaza impamvu atarongoye. Mu myaka ye yamenyekanye akora ibitangaza, birashoboka ko abagore barenze umwe bamuhaye amahirwe yo kuba yabashaka. Nta Byanditswe Byera bisubiza mu buryo (…)
Joseph N. Murathe uzwi nka Joseph Shafique akaba ari musaza wa Rev Lucy Natasha umwe mu bapasiteri bakomeye muri Kenya, yateye ishoti ubuseribteri yambika impeta umukunzi we. Kuwa Gatandatu tariki 28 Ukwakira 2023 ni bwo hasakajwe amafoto ya (…)
Abaramyi bari mu bakunzwe cyane mu Rwanda no muri Afrika, Papi Clever na Dorcas, bakomeje kugira ibihe byiza ndetse ntibahwema kubigaragariza abakunzi babo. Mu minsi ishize mu kwezi kwa Nzeri, Dorcas yatunguye Papi Clever amukorera ibirori (…)
Ikibazo gikunze kubazwa n’urubyiruko rushaka gutangira kurambagiza cyangwa kubaka umubano n’umukunzi, ni ukumenya niba ari byiza gukundana n’umuntu utari umukristo. Birashoboka ko bahuye n’umusore cyangwa umukobwa mwiza bagakundana, urukundo (…)
Muri iki cyumweru muri Kigali hari gucicikana inkuru ya Couple yatangariwe cyane. Ni couple y’umusore n’indeshyo iringaniye n’umukobwa muremure cyane umusumba. Byagaragaye ko benshi bakunze iyi couple bitewe n’ikinyuranyo kiri hagati (…)
Frère Muhire Jean Pierre n’Umubikira Dusenge Enathe basezeye umuhamagaro wabo muri Kiliziya Gatolika, biyemeza gutangira urugendo nk’abakirisitu basanzwe ndetse kuri ubu bari mu munyenga w’urukundo. Amakuru yatangajwe n’Umuyobozi wa (…)
Bizimungu Brian wamamaye nka Brian Blessed yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Dinah Uwera wamurutiye abandi bakobwa bose bo ku Isi. Icyo bombi bahuriye ni uko ari abaramyi bakomeye. Brian Blessed yamenyekanye mu ndirimbo "Dutarame" (…)
Itsinda ry’abaramyi, Alicia na Germaine, ryegukanye igihembo cya ‘Best Star New Gospel Artist’ muri Shining Star Africa Awards 2026. Abakobwa (…)