John Piper: Niba ivanjiri yacu ari ugukiza abantu ibibazo by’umubiri bafite gusa, tuzatenguha abatabarika
Ku bijyanye no kugira ubumuga bw’umubiri, ibyiringiro by’umukristo byagakwiye kurenga ibyo, ahubwo bikajya ku buzima buzima tuzahabwa "igihe Kristo azazira". John Piper, washinze akaba n’umwarimu muri Desiring God Ministries akaba n’umuyobozi (…)