Ikintu Papa Francis yakoze kitazibagirana kurusha ibindi mu buzima bwe bwose
Mu mateka ya Kiliziya Gaturika n’isi muri rusange, Papa Francis azahora yibukwa nk’umuyobozi udasanzwe waranzwe n’urukundo, impuhwe no guharanira ubutabera ku isi. Muri byinshi yakoze, hari ikintu kimwe gisa n’icyamurangaga kandi (…)