Ibyo wamenya kuri Habimana Dominique usanzwe ari umuramyi wabaye Umunyamabanga Mukuru wa RALGA
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yifashishije X yatangaje ko Habimana Dominique usanzwe ari umuhanzi mu ndirimbo zamamaza ubutumwa bwiza yagizwe Umunyamabanga Mukuru wa RALGA. RALGA mu magambo arambuye ni Rwanda Association of Local (…)