Ni umurokore mwiza wubaha Imana! Ibyo twamenye kuri ACP Boniface Rutikanga wagizwe Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda
Ku gicamunsi cy’uyu wa Gatatu tariki 30 Kanama 2023 ni bwo ACP Boniface Rutikanga yagizwe Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, RNP. Nk’uko tubicyesha itangazo rya Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga yagizwe Umuvugizi wa Polisi kuva kuri uyu (…)