Perezida Kagame ati "Nishimiye gusohokana n’abakobwa banjye ku munsi mukuru wabo w’amavuko"
Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, Nyakubahwa Paul Kagame yishimiye gusohokana n’abuzukuru be ku munsi wabo w’isabukuru y’amavuko bizihije ku wa Gatatu tariki 19 Nyakanga 2023. Perezida Kagame yabigaragaje mu butumwa yashyize kuri Twitter (…)