Nugwa hasi ukumva ko wagezeyo uzarwane nk’ingabo idasanzwe ubyuke
Umurwanyi mwiza w’intambara ntatangazwa n’uko yaguye ahubwo ababazwa n’uko abuze imbaraga zimuvana hasi. Mu buzima, ikibazo si ubwoko bw’intambara turwana cyangwa igipimo cy’ibibazo duhura nabyo mu rugendo rw’ubuzima kwisi. Ikintu cy’ingenzi (…)