Papi Clever & Dorcas
Papi Clever na Dorcas ni itsinda ryo kuramya no guhimbaza Imana ry’umugabo n’umugore. Kuwa 14.01.2023 nibwo bakoze igitaramo cyabo cya mbere, kikaba cyashimangiye uburyo bakunzwe cyane mu muziki wa Gospel.
Papi Clever na Dorcas ni itsinda ryo kuramya no guhimbaza Imana ry’umugabo n’umugore. Kuwa 14.01.2023 nibwo bakoze igitaramo cyabo cya mbere, kikaba cyashimangiye uburyo bakunzwe cyane mu muziki wa Gospel.
Umuhanzikazi Olive Umutesi uri mu bo mu kiragano gishya bahagaze neza cyane mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, yashyize hanze indirimbo nshya yitwa "Ubugingo". "Ubugingo" ni indirimbo ya 6 amaze gukora nyuma ya: "Nkoresha" yamwinjije mu (…)
Niyo ndirimbo ya mbere Israel Mbonyi akoze mu rurimi rw’amahanga. Byashimangiye ko ari umuhanzi mpuzamahanga kuko ubu agiye kujya aganira n’Isi yose binyuze mu muziki we.
Hashobora kuzaba ari mu gitondo cya kare, ku gasusuruko, ku manywa y’ihangu, nimugoroba izuba rirenze, nijoro, ahari se igicuku kizaba kinishye cyangwa se inkoko zizaba zatangiye kubika. Ntawamenya neza ariko umunsi umwe tuzava mu isi, umwuka (…)
Umwaka wa 2023 uzawungukiramo byinshi nukomeza kubana na Paradise kuko igufitiye amakuru meza afasha ubugingo n’umubiri. Niba uri umucuruzi, iyi nkuru irakureba cyane. Twakuboneye imodoka nziza cyane wakwifashisha yo gutwara ibiribwa no (…)
Wilson Bugembe, a Ugandan gospel musician and pastor at "Light the World Ministries" in Nansana Wakiso District, Uganda, prophesied that 2023 is a year full of miracles and citing Habakuk 3:2. He posted on his Instagram account, on this (…)
"For this year, God has great plans for you, disregarding ongoing global challenges" - Said by Apostle Dr. Paul Gitwaza of Zion Temple Celebration Centre during ’Cross Over Night’ at BK Arena. The following are the 12 main plans of God for (…)
Apotre Dr. Paul Gitwaza uyobora Zion Temple ku Isi yanyujije kuri Instagram ubutumwa bwifuriza abantu bose umwaka mushya muhire wa 2023 wo "gusimbuza ibya kera mo ibyiza". Ubutumwa bwe bwaherekeje ifoto ari kumwe n’umuryango we. Buragira (…)
Umuryango wa Kwizera urakwifuriza kuzagira umwaka mushya w’ibyishimo. Ev. Kwizera Emmanuel uri mu bakozi b’Imana bakunzwe cyane mu Rwanda, yasangije abamukurikira kuri Facebook ifoto imugaragaza ari kumwe n’umuryango we. Ni mu rwego rwo (…)
Benedigito XVI wabaye Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika akaza kwegura, yitabye Imana ku myaka 95 azize uburwayi. Benedigito XVI yitabye Imana kuri uyu wa 31 Ukuboza 2022 mu ma saa tatu n’igice za mu gitondo, aguye i Vatikan. Mbere y’uko (…)