Menya amateka ya Kiliziya Gatolika mu Rwanda yakusanyijwe na eglisecatholiquerwanda ari nayo Paradise.rw icyesha aya makuru. Kugera mu w’1900, u Rwanda rwabarizwaga mu gace k’iyogezabutumwa ka Afrika yo munsi ya koma y’isi kashyizweho ku wa (…)
Africa’s Business Heroes (ABH) has introduced their 2022 Top 10 Heroes! "A well-deserved title for these 10 entrepreneurs". They said. These 10 entrepreneurs have proven that they are indeed challenging the status quo by topping over 21,000 (…)
Ngarambe François-Xavier, umuhanzi wamamaye mu ndirimbo "Umwana ni umutware", Umukristo Gatolika, akaba n’Umwalimu mwiza w’urukundo, yakugeneye impano. Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze mu minsi ishize, Mwalimu w’Urukundo ari we (…)
Itorero rigitangira abenshi mu bari abayoboke baryo bari Abayuda. Ibyo byatumye inyigisho zishingiye ku mategeko n’imigenzo bya Mose bikomeza guhabwa agaciro kanini cyane. Muri ibyo harimo umuhango wo gukebwa. Ariko mu by’ukuri ubukiristo bwari (…)
Yohana 12:1-6 "1 Nuko hasigaye iminsi itandatu Pasika ikaba Yesu ajya i Betaniya, aho Lazaro, uwo Yesu yazuye yabaga. 2. Bamutekerayo ibyo kurya bya nijoro, Marita arahereza, kandi na Lazaro yari umwe mu bicaranye na Yesu basangira. 3. Mariya (…)
Mu gihe hasigaye iminsi itanu gusa ngo igitaramo cyiswe "Unconventional Love" kibe, twabakusanyirije ibibazo bitanu n’ibisubizo kuri iki gitaramo. Ibi ni mu rwego rwo gukomeza kubashishikariza gutekereza ku bikorwa byose byateganyijwe ndetse (…)
Yohana 11:45-53: 45 Nuko benshi mu Bayuda bari baje kwa Mariya babonye icyo akoze baramwizera, 46 ariko abandi muri bo bajya ku Bafarisayo, bababwira ibyo Yesu yakoze. 47 Abatambyi bakuru n’Abafarisayo bateranya urukiko, barabazanya bati "Tugire (…)
Ariko umugore wa Gileyadi amubyarira abahungu. Abo bamaze gukura birukana Yefuta, baramwerurira bati “Nta mugabane ufite mu bya Data, kuko uri umwana w’undi mugore.” "Nuko Yefuta arambuka atera Abamoni arwana nabo, Uwiteka arabamugabiza". (…)
Perezida w’u Rwanda, Nyakubahwa Paul Kagame, yujuje imyaka 65 y’amavuko. Tugiye kubagezaho incamake y’amateka ye. Incamake y’amateka ya Perezida Kagame Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavukiye hafi y’umujyi wa Ruhango mu (…)