Nanjye ubwanjye ndabikurikiranira hafi - Perezida Kagame yijeje ubufasha mu guhangana n’Ibiza byahitanye abagera kuri 127
Intangiriro za Gicurasi 2023 irabishye kubera Ibiza byibasiye Intara eshatu z’u Rwanda, bigahitana ubuzima bw’abagera kuri 127 (abamaze kumenyekana), abandi benshi bagakomereka. Ibiza byatwaye ubuzima bw’abanyarwanda bagera kuri 127, byatewe (…)