Abanyabyinshi mu gahinda ko kubura Mahinga wafatwaga nk’umubyeyi w’abahanzi b’ibyamamare muri Gospel
Mu gitondo cy’uyu wa Mbere ku masaha y’i Kigali ni bwo hamenyekanye urupfu rw’umugabo witwa Mahinga wari utuye ku mugabane wa Amerika. Iyi nkuru y’incamugongo yafashavuje abaramyi cyane cyane Abanyabyinshi - ubwoko bwa Nyakwigendera. Mahinga (…)