U Rwanda rurashaka ko Umudugudu wose wajya utura mu nyubako imwe igeretse
Imiturire y’akajagari iri mu bishyira mu kaga abaturage benshi mu bice bitandukanye by’Igihugu, ari na yo mpamvu Guverinoma y’u Rwanda yatangije gahunda y’igihe kirekire igamije kubaka ubudahangarwa ku mihindagurikire y’ibihe. Kimwe mu (…)