Byagenda bite ku Mukristo wifuza gukora ubukwe ari mu gihugu cy’amahanga adafitemo ibyangombwa?
Iyo umuntu aba ari mu mahanga, nta cyangombwa na kimwe afite nk’umwenegihugu, hari ibyo aba atemerewe birimo no gukora ubukwe. Ese azakora iki kugira ngo Imana ikomeze imwemere niba yifuza gushaka?. Paradise yakusanyije byinshi kuri iyi (…)