Ingingo 3 z’ingenzi zivana umuririmbyi ahantu hamwe zikamushyira ku rundi rwego
Mu Rwanda hari abaririmbyi beza benshi ndetse n’abakora akazi ka muzika baragwiriye. Bimwe mu bibaranga usanga bitavugwaho kimwe. Hari abakeka ko kwiga muzika ku Nyundo, kugira uburambe n’ubushobozi bwo kujya muri Studio ari byo kamara. (…)