"Ibyo bituma Umwami Hezekiya n’umuhanuzi Yesaya basenga batakambira Iyo mu ijuru. Nuko Uwiteka yohereza Marayika atsemba abagabo bakomeye bose b’intwari,n’abatware n’abagabo bari mu ngerero z’umwami wa Ashuri, maze asubira mu gihugu cye akozwe (…)
Umuvugabutumwa Andrea Ndereyimana n’umugore we Claudine Tuyisenge, ubwo bari ku kiyaga cya Kivu i Gisenyi. ’Miss Andre Family Visit Rwanda’ nicyo gikorwa bari gutegura, bakazagitumiramo ama Couples yose abishaka, bagasohoka bakajya "kurya isi".
Hari igihe kigera umuntu akicara akareba ibyo Imana yaremye akanareba icyo yabikoraho se cyangwa yabyongeraho akabona atabifitiye ubushobozi. Ariko iyo twitegereje tugenda tubona ko ibyo Imana yaremye byose yabiremeye kutubera ubufasha (…)
Ufite ibirori ushaka gukora cyangwa ibyo watumiwemo?. Ufite se inshuti cyangwa umuvandimwe witegura gukora ibirori cyangwa ibyo yatumiwemo?. Bika iyi nimero 0789852886, mu kanya turakubwira inyungu zabyo. Winnie La Rose Floral and Design ni (…)
Mu ntumbero yo guhimiriza urwaruka kugwanya ikiza Sida benshi kuko ngo basa n’abasigaye bayifata nk’ingwara isanzwe, ikigo Yezu Mwiza gishigikiwe n’ishirahamwe mpuzamakungu ICAP (International Centre for Aids Programs) kuri uyu wa 30/09/2022 i (…)
Ku mbuga nkoranyambaga hari guhererekanywa ifoto y’umuzungu utatangajwe amazina, ugaragara acyeye ku maso arimo gucunga igare rihetse ibitoki byinshi.
Padiri Jean François Uwimana ukora umuziki uhimbaza Imana mu njyana zitandukanye zikundwa cyane n’abiganjemo urubyiruko zirimo Hiphop, Reggae n’Amapiyano, yatangaje byinshi ku muziki we no mu buzima busanzwe. Tariki 05 Ukwakira 2022 ni bwo (…)
Four days ago, Darlene Zschech wrote on her Facebook page that it has taken them a little while to gather their thoughts around what transpired at Gathering the last few days. She said this at the end of a big Gathering themed "Evening (…)