Ev. Andrea na Miss Andrea [Claudine] ku mucanga wo ku Gisenyi
Umuvugabutumwa Andrea Ndereyimana n’umugore we Claudine Tuyisenge, ubwo bari ku kiyaga cya Kivu i Gisenyi. ’Miss Andre Family Visit Rwanda’ nicyo gikorwa bari gutegura, bakazagitumiramo ama Couples yose abishaka, bagasohoka bakajya "kurya isi".