BEACON STUDIO yavuzwe imyato na Danny Mutabazi wayikoreyemo indirimbo ye nshya "TURIRIMBE" iri kunyeganyeza Kigali-VIDEO
Kuri uyu wa Kane taliki ya 13 Nyakanga 2024 mu masaha y’igicamunsi ni bwo hagaragaye amashusho y’indirimbo nshya "TURIRIMBE" y’umuhanzi Danny Mutabazi. Iyi ndirimbo iryoheye amatwi yakorewe muri BEACON STUDIO (GOSPEL MUSIC INDUSTRY) iherereye (…)