Ibinyoma 5 byerekeye urushako benshi bafata nk’ukuri kandi bitari muri Bibiliya
Hari ibintu 5 byerekeye gushyingirwa cyangwa urushako, abantu benshi barimo n’abakristo bafata nk’ukuri kandi bitari muri Bibiliya. Gusoma Paradise uzajya ubyungukiramo kumenya byinshi by’ukuri gushingiye muri Bibiliya. 1. Uwo twashakanye (…)