Goverinoma y’u Rwanda yashyizeho ibiciro ntarengwa ku birayi, umuceri na kawunga
Guverinoma y’u Rwanda yakuyeho umusoro ku nyungu uzwi nka TVA (Value Added Tax) ku biribwa birimo kawunga, ibirayi n’umuceri, bitewe n’ikibazo cyari kimaze iminsi cy’itumbambira ry’ibiribwa ku isoka. Iki ni ikibazo cyari kimaze iminsi mu (…)