Chryso Ndasingwa na Sharon Gatete bari mu kibatsi cy’urukundo bagiye gukora ubukwe
Abahanzi bakunzwe muri Gospel, Chryso Ndasingwa na Sharon Gatete bagiye kurushinga mu mpera z’uyu mwaka. Ni nyuma y’iminsi ibiri gusa bimenyekanye mu itangazamakuru ko bari mu munyenga w’urukundo. Chryso Ndasingwa, umwe mu bahanzi bafite (…)