Eva wo mu Budage ukunda indirimbo za Mahoro Isaac yavuze mu Kinyarwanda kuri "Nyigisha" itegerejwe na benshi
Mahoro Isaac ari kwitegura gushyira hanze amashusho y’indirimbo "Nyigisha" itegerejwe n’abatari bacye barimo na Eva ukomoka i Burayi mu gihugu cy’u Budage nk’uko Paradise.rw yabitohoje. Isaac Mahoro arazwi cyane mu muziki wa Gospel bikaba (…)