Ururabo rukoreshwa mu birori n’imihango itandukanye mu buzima bwa muntu. Buri rurabo rugira ubusobanuro bwihariye bitewe n’ibara ryarwo. Ni byiza rero gukorana no gusobanuza abanyamwuga mbere yo kugura ururabo.
Ubwo uhise wibaza uti "Ni nde munyamwuga nakwiyambaza ku bijyanye n’indabo?". Ntiwigore ushakisha ababigufashamo kuko Paradise.rw yamukuboneye. Ni Jacky Flowers Bouquet [Jacky Flowers Shop]. Iyi kompanyi yashinzwe n’umushabitsi witwa Jacky Giraneza, niyo yonyine muri Kigali ifite indabo nziza kandi ku giciro cyoroheye buri wese.
Bafite indabo wakenera mu birori bitandukanye yaba ururabo yahamo impano umukunzi wawe cyangwa uwo mwashakanye, ururabo wakoresha mu kwishimira intambwe uteye mu masomo yawe cyangwa mugenzi wawe, ururabo waba umukunzi wawe ku munsi w’amavuko, indabo zo mu bukwe, n’ahandi.
Akarusho ni uko muri Jacky Flowers Shop baguhitiramo ururabo rujyanye n’igikorwa urushakira, bakanrukugereza aho igikorwa kiri bubere iyo ubishatse utiriwe usiragira mu muhanda. Bagendera kuri ’Slogan’ ivuga ngo "Make someone smile today", bishatse kuvuga ko gukorana n’iyi kompanyi byagufasha gutuma hari umuntu useka uyu munsi.
Bandikire kuri Instagram yabo ariyo @jackyflowersbouquet cyangwa ubahamagare kuri telefone yabo ikurikira: 0785719136. Ururabo ushaka rwose bararukugezaho mu kanya nk’ako guhumbya ndetse nubihitamo banarukuzanire aho uri hose muri Kigali no mu Ntara.
Nta handi wabariza indabo nziza kuri macye hatari muri Jacky Flowers