Bagaragaje ibyishimo n’impungenge: Uko abakozi b’Imana bo mu bihugu 7 babona iminsi 100 ya mbere ya Trump
Mu Ugushyingo 2024, Christianity Today ducyesha iyi nkuru yavuganye n’abayobozi 26 b’amatorero atandukanye bo hirya no hino ku Isi kugira ngo imenye uko babona intsinzi ya Donald Trump ku mwanya wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. (…)