Home > ... > Forum 133
10 March 2023, 21:22, by Munezero Willy
Paradise.rw ndabashimiye cyane Ku nkuru zubusesenguzi.Iyi nkuru rwose iranshimishije kuko ibi bintu maze iminsi nanjye mbitekerezaho cyane.Ubundi hari ikintu gishuka abahagarariye aka companies.Izi views z’ingurano ntizakabaye igipimo cyerekana popularity y’umuntu.Hari ukuntu abahanzi ba Secular bajya bagura views na comments na sub’s muri channel zabo noneho hategurwa igikorwa runaka cyo gutanga ubutumwa ugasaga ugiteguye muguhitamo uwo bazakorana agendeye muri ibyo,nyamara hari aba gospels babifata nkicyaha .Urugero,Dominic ashimwe ntashobora kugura ibyo bya Views zntibishoboka,muzasure imbuga nkoranyambaga ze akoresha muzasanga igikundiro cye gihabanye nuburyo akurikirwa Ku mbuga nkoranyambaga ,gusa nategura igitaramo abantu babure aho bicara.Nonese nigute umuntu agira 5m subs kandi mu Rwanda abakoresha social media batarenze 1m kubera ko umubare munini ari Abana? Yakoresha igitaramo ntabone abantu 2k? Ngirango abibuka Ama J the black ,nyakwigendera Jay Polly ibyo bihombo babiguyemo kenshi,amakuru mfite,impamvu abahanzi ba secular batagikunze gutegura igitaramo ni ugutinya kugwa mu bihombo,kuko babonyeko abantu benshi basigaye bikundira gospel,kuko secular ikundwa cyane n’abana b’abanyeshuri batagira amafaranga.Gusa amakuru mfite nuko nyuma ya launch ya Mbonyi na Ba Vestine hari abantu benshi biyemeje gukura amafaranga yabo muri secular bakayashyira muri Gospel.
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
To create paragraphs, just leave blank lines.
Please leave this field empty:
Paradise.rw ndabashimiye cyane Ku nkuru zubusesenguzi.Iyi nkuru rwose iranshimishije kuko ibi bintu maze iminsi nanjye mbitekerezaho cyane.Ubundi hari ikintu gishuka abahagarariye aka companies.Izi views z’ingurano ntizakabaye igipimo cyerekana popularity y’umuntu.Hari ukuntu abahanzi ba Secular bajya bagura views na comments na sub’s muri channel zabo noneho hategurwa igikorwa runaka cyo gutanga ubutumwa ugasaga ugiteguye muguhitamo uwo bazakorana agendeye muri ibyo,nyamara hari aba gospels babifata nkicyaha .Urugero,Dominic ashimwe ntashobora kugura ibyo bya Views zntibishoboka,muzasure imbuga nkoranyambaga ze akoresha muzasanga igikundiro cye gihabanye nuburyo akurikirwa Ku mbuga nkoranyambaga ,gusa nategura igitaramo abantu babure aho bicara.Nonese nigute umuntu agira 5m subs kandi mu Rwanda abakoresha social media batarenze 1m kubera ko umubare munini ari Abana? Yakoresha igitaramo ntabone abantu 2k? Ngirango abibuka Ama J the black ,nyakwigendera Jay Polly ibyo bihombo babiguyemo kenshi,amakuru mfite,impamvu abahanzi ba secular batagikunze gutegura igitaramo ni ugutinya kugwa mu bihombo,kuko babonyeko abantu benshi basigaye bikundira gospel,kuko secular ikundwa cyane n’abana b’abanyeshuri batagira amafaranga.Gusa amakuru mfite nuko nyuma ya launch ya Mbonyi na Ba Vestine hari abantu benshi biyemeje gukura amafaranga yabo muri secular bakayashyira muri Gospel.