Ndashima urwego Gospel igezeho mu Rwanda ariko byaba byiza abahanzi bihurije mu matsinda (Labels) - Nzaramba Godfrey
"Ndashima Gospel Music urwego igezeho mu Rwanda, ariko byanarushaho kuba byiza habayeho kwihuza kw’abahanzi ba Gospel mu matsinda (Label groups) bagasenyera umugozi umwe". Njyewe NZARAMBA Godfrey, umuhanzi mu muziki wa Gospel, ntewe ishema (…)