AMATEKA: Bamwe mu bahanga babaye imbarutso yo Guhangana kwa Siyansi n’Idini
Galilée yagiye i Roma kwiregura ariko ntibyagira icyo bitanga. Uko ubushyamirane hagati ya siyansi n’idini bwatangiye Umuhanga mu by’inyenyeri wari ufite imyaka 70 yari asigaje igihe gito agapfa. Yari afite mu biganza inyandiko we ubwe (…)