Sindimo: ASA Jean agarutse mu muziki n’indirimbo nshya yitezweho gukora ku mitima ya benshi
Umuhanzi wa Gospel, ASA Jean yongeye kugaragaza ko agifite ijambo rikomeye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, nyuma yo gushyira hanze indirimbo nshya yise “Sindimo”. Iyi ndirimbo ije nyuma y’igihe kitari gito uyu muhanzi adasohora (…)