Abantu 3 bakunda gu chatinga mu gihe cy’Ijambo mu rusengero
Gu chatinga si byiza mu nzu y’Imana. Umuco wo gu chatinga umaze kuba nk’uburo bweze mu nsengero zitandukanye. Impuguke mu by’amadini Samuel Sarambagdo w’umunya Zimbabwe yagize ati: "Ziriya mbaraga zisaba abantu gu chatinga mu gihe cy’ijambo (…)